Menyekanisha ivogerwa rw'amakuru
Uri hano:
Uyu munsi, abakozi b’Ibiro Bishinzwe Kurinda Amakuru Bwite (DPO) bahuje abafanyabikorwa mu nama ku mabwiriza yerekeye imibereho bwite y’abantu, afite…
Guhera mu byumweru bitatu bishize, Ibiro bishinzwe kurinda amakuru bwite (DPO) biri guhugura abakozi bashinzwe kurinda amakuru bwite (DPOs) bo mu bigo…
Mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo kurinda Amakuru bwite, twateguye inama yahuje abashinzwe kurinda amakuru bwite barenga 300 baturutse mu…
Kwiyandikisha muri Rwego rw’Igihugu rushinzwe Umutekano w’ibijyanye n’Ikoranabuhanga mu Itangazabumenyi n’Itumanaho (NCSA) nk’Umugenzuzi cyangwa…
Guhera ku itariki ya 26 kugeza ku ya 30 Mutarama 2026, u Rwanda binyuze mu Biro bishinzwe Kurinda Amakuru Bwite (DPO) ruzakora ubukangurambaga…
Mu bihe by’iminsi mikuru ni igihe cy’ibyishimo, aho imiryango ihura, hakabaho guhaha byinshi, ariko iki gihe kizana n’ibyago byinshi. Abatekamutwe…
Uyu munsi, abakozi b’Ibiro bishinzwe kurinda amakuru bwite (DPO) bateguye ikiganiro cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: “Gusobanukirwa no…
Uyu munsi, Ibiro bishinzwe kurinda amakuru bwite (DPO) byifatanyije na NetFella mu biganiro ku mutekano w’ikoranabuhanga bifite insanganyamatsiko…
Mu nama rusange ya 13 y’abahanga mu by’imiti, umukozi w’Ibiro bishinzwe kurinda amakuru bwite (DPO) yibukije abanyamuryango b'Inama y'Igihugu…
Uyu munsi, abakozi bashinzwe ikoranabuhanga mu bitaro bitandukanye mu Rwanda, basaga 40, bahuriye kuri Minisiteri y’Ubuzima, bahugurwa ku Itegeko…